Muri uyu mugoroba w’uwakane taliki ya 7/1/2020 , dufite umutumirwa ! Hari benshi badusabye kubatumirira Ministre Flora Karenzi ngo aze aganirize Abanyarwanda . Twabikoze. Ibibazo mwadusabye kumugezaho nibyo bishingirwaho i kiganiro cy’uyu mugoroba :
1.Minister Flora, Abanyarwanda benshi baragukunze ariko ngo bakeneye kukumenye kukurushaho. Wabibwira birambuye ?
2.Ngo hari abifuza kumenya inzira yo kuvugana n’a we cyangwa kukugezaho ubutumwa . Wayibaha ?
3. Mu mateka wanyuzemo, ni iki cyakumaze ubwoba kikagutera imbaraga zo guhaguruka ukitangira umurimo wa politiki ya Opizisiyo?
4.Wakwizeza Abanyarwanda bagukunda ko Guverinoma y’ U Rwanda ikorera mu buhungiro izabamarira iki?
5. Hari n’abibaza ko kuba muri Guverinoma umugabo wawe abereye PM hari imbogamizi byatera mu rugo rwanyu cg muri Guverinoma. Wabamara impungenge ?
6. Nk umudamu n’umubyeyi w abana 4 wabwira iki abandi badamu bumva ko gufatanya urugo n’ukwitangira ibikorwa bya politiki bitajyanye ?
7.Ni uwuhe muganda utegereje ku bakunzi bawe kugira ngo ushobore gusohoza inshingano Guverinoma yagushinze ?
8. Ijambo ry’umusozo. RDV ku ISINIJURU TV , saa 19h ku isaha ya Kigali na 18h ku isaha ya Paris.
Ushaka kutugezaho ubutumwa cyangwa inkunga yakwitabaza tél & WhatsApp : +33663955074
LINK : Kubaza ikiba Minister Flora en direct
Sujet : MINISTRE FLORA KARENZI ARAHAMAGARIRA ABATURAGE KWITABIRA URUGENDO RW’IMPINDURAMITEGEKERE
Heure : 7 janv. 2021 06:00 PM Paris
Participer à la réunion Zoom
https://us02web.zoom.us/j/82250206895?pwd=TXhxL1BSc0NVSDZHMnVqRWFmOGxQdz09
ID de réunion : 822 5020 6895
Code secret : 345911